mercredi 16 mai 2012


http://www2.pictures.zimbio.com/gi/Shinji+Kagawa+Sevilla+v+Borussia+Dortmund+tdfk3tb3Vypl.jpg
KAGAWA ARI HAFI KWEREKEZA MURI M.U
Kagawa w’imyaka 23 yaba ari hafi kwerekeza mu gihugu cy’Ubwongereza mu ikipe ya Manchester United
Shinji Kagawa,ugiye kugurwa amafaranga agera kuri miliyoni 18 z’amayero,biravugwako  mu minsi mike araba yerekeje muri Manchester United. Rutahiozamu w’umuyapani akaba yaranatwye shampiyona ebyiri  zo mu gihugu cy’Ubudage ari mu ikipe ya Borussia Dortmund, kuri uyu wa mbere nibwo yagiranye ibiganiro n’umutoza wa Manchester United Sir Alex Ferguson. Kagawa yatangaje ko byari byiza guhura nawe, kuko bavuganye ibintu bishimishije cyane, ibi yabitangaje kuri uyu wa gatautu.
Nyuma yaje kongereho ko nta mwanzura yari yafata. Aho yagize ati’’ ndimo ndagirana umushyikirano n’amakikpe menshi ariko sindamenya ikpe inshimishije. Ariko nzajya mu ikipe ikomeye. Bizaba byiza gukina mu gihug cy’Ubwongereza
Twabibutsako borussia igiye kunguka amafaranga menshi kuko Kagawa yaguzwe  amafaranga agera 350.000 by’amayero avuye mu ikipe ya  Cerezo Osaka.

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire

Remarque : Seul un membre de ce blog est autorisé à enregistrer un commentaire.