
KAGAWA ARI HAFI
KWEREKEZA MURI M.U
Kagawa w’imyaka 23 yaba ari hafi kwerekeza mu gihugu cy’Ubwongereza mu
ikipe ya Manchester United
Shinji Kagawa,ugiye kugurwa
amafaranga agera kuri miliyoni 18 z’amayero,biravugwako mu minsi mike araba yerekeje muri Manchester
United. Rutahiozamu w’umuyapani akaba yaranatwye shampiyona ebyiri zo mu gihugu cy’Ubudage ari mu ikipe ya Borussia
Dortmund, kuri uyu wa mbere nibwo yagiranye ibiganiro n’umutoza wa Manchester
United Sir Alex Ferguson. Kagawa yatangaje ko byari byiza guhura nawe, kuko
bavuganye ibintu bishimishije cyane, ibi yabitangaje kuri uyu wa gatautu.
Nyuma yaje kongereho ko nta
mwanzura yari yafata. Aho yagize ati’’ ndimo ndagirana umushyikirano n’amakikpe
menshi ariko sindamenya ikpe inshimishije. Ariko nzajya mu ikipe ikomeye.
Bizaba byiza gukina mu gihug cy’Ubwongereza
Twabibutsako borussia igiye
kunguka amafaranga menshi kuko Kagawa yaguzwe
amafaranga agera 350.000 by’amayero avuye mu ikipe ya Cerezo Osaka.
Aucun commentaire:
Enregistrer un commentaire
Remarque : Seul un membre de ce blog est autorisé à enregistrer un commentaire.